Mu buriro ni igice
cy’inzu kiba gikeneye kwitabwaho haba ku isuku ndetse no ku hategura
muri rusange, bikaba byiza rero iyo ushatse umwanya ukahitaho.
Iyo uri gutegura mu buriro ugomba kwita cyane ko ari ahantu ho
kurira, ukamenya ibyo uhategura nko gukoresha ama sous plat afite
amabara akeye kandi ugakingura amadirishya ku buryo abantu nibaza
kuharira basanga harimo umwuka mwiza.
Ushobora kandi gutegura ururabo kumeza yo kuriraho mu gihe nta bantu bari kuharira hakaba hasa neza.
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
Uko wategura mu buriro
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment