Inyoni zigira amoko
menshi atandukanye, zimwe ziboneka mu Rwanda izindi ntizihaboneka. Gusa
imitako ikozwe mu nyoni nayo usanga ari myiza bitewe n’ubwoko bw’inyoni
uwo mutako ukozemo dore ko hari ubwoko buba bubereye amaso.
Uyu mutako w’inyoni uri mu bwoko bw’inyoni zigira imirizo miremire
n’amabara adakunze kujyirwa n’inyoni zose ku buryo kureba uwo mutako
biba bibereye amaso ku bw’ishusho itangaje ya bimwe mu biremwa byiza
Imana yashyize ku isi.
Uyu mutako ushobora kuwushyira mu bustani hagati mu ndabyo n’ibiti ku
buryo uwubonye agirango ni inyoni nzima cyangwa se ukaba wawushyira no
mu nzu mu ruganiriro, mu buriro n’ahandi hantu hose ubona ko ugaragara
neza.
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
Umutako w’inyoni
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment