Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda: DORE AKAZI AGIYE GUKORA NYUMA YO KUVA KU MWANYA W’UBUNYAMABANGA BW’AMERIKA – CONDOLEEZZA RICE.

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda
DORE AKAZI AGIYE GUKORA NYUMA YO KUVA KU MWANYA W'UBUNYAMABANGA BW'AMERIKA – CONDOLEEZZA RICE.
Aug 16th 2012, 07:34

Nyuma yo kuva ku ntebe y’ubunyamabanga bwa leta zunze ubumwe z’amerika Condollezza Rice w’imyaka 57, aratangira akazi ko kwerekana imideli (Modeling) mu kwezi gutaha kwa Nzeli aho azajya yereka imyambaro ya siporo y’umukino wa NFL (National Football Leugue) iyi myambaro ikazaba ari iyi gitsina gore ikazaba ifite brand yitwa “It’s My Team”, ibi condoleezza akaba yatangaje ko ntaho bihuriye n’amatora yegereje muri iyi minsi muri leta zunze ubumwe z’amerika aho babyifashisha nki turufu yo gushaka amajwi.

aka kazi akaba atazagakora wenyine kuko azafatanya n’ibindi byamamare harimo Selena Williams ukina tennis, Melania Trump, Peta Murgatroyd.

Condoleezza rice

selena Williams

Melania Trump

Rhiannon Madden umuyobozi wa NFL akaba atangaza ko bashaka kwereka abagore ko bashobora kuba abafana ba football bimena bityo imyenda bambara ku mikono ndetse no muri siporo ikerekana ko bakunda siporo, kuko gufana ntago ari ibya bagabo gusa akaba ari yo mpamvu iyi myambaro bayise “It’s My Team”.

Dore abazagaragara muri iki gikorwa cya NFL it's my Team

Muri leta zunze ubumwe z’amerika 45% byaba fana ba NFL ni igitsina gore, bakaba bashaka ko uyu mubare wa kwiyongera ukazamuka.

Kuva muri Politike ukerekeza muri showbiz, bikaba byeze cyane muri amerika aho aje asanga abandi nkaba Arnold Schwarzenegger.

Post By :: Elvis SHEMA / ibishya.biz

 

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment