Yanditswe kuya 28-07-2012 – Saa 09:15′ na Kagenza C. mbasade y'Amerika mu Rwanda yatangaje ko amakuru yasakaye mu binyamakuru avuga ko abayobozi b'u Rwanda baba bashobora gukurikiranwa n'Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera i La Haye bazira kuba u Rwanda rutera inkunga inyeshyamba za M23 muri Congo Kinshasa nta shingiro afite na mba. Aya makuru yatangajwe bwa [...]
0 comments:
Post a Comment