Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Umuseke: PGGSS II: GICUMBI nubwo byatangiye akavura kagwa ntibyabujije imbaga y’abantu kwitabira

Umuseke
Amakuru yose mu Kinyarwanda!
PGGSS II: GICUMBI nubwo byatangiye akavura kagwa ntibyabujije imbaga y'abantu kwitabira
May 28th 2012, 17:53

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2012 ahagana mu masaha ya saa cyenda n’igice niho abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS bari basesekaye mu mujyi wa GICUMBI aho baje kwishimana n’abakunzi babo no kubashimira uburyo baguma gukunda  no gukurikirana ibihangano byabo, nubwo byatangiye imvura igwa ntibyaciye intege abaturage bo muraka karere kuko bagumye gusimbuka bibyinira umuziki w’abahanzi babo bakunda kandi n’abahanzi ntibababihirije bakomeje kubashimisha biratinda.

Dore uko ibirori byagenze mu mafoto:

Abafana nuko bari babukukereye

Mugihe abaraho bategereje abahanzi babo DJ Bissosso yakomeje kubavangira injyana baribyinira murako kavura ari nakom Mc Tino na Mc Anitha bakomeza kubasetsa muri komedi nyinshi maze umunezero n’ibyishimo abafana babyakiriza abahanzi babo bakunda ari nako binywera ka PRIMUS dore ko kaba gahari ku bwinshi ndetse no kugiciro gito.

Dj Bissosso nuko yabavangiraga umuziki
Mc Tino na Anitha nuko bashyushyaga abantu
Uyu mufana yasabwe kubyinisha Anitha we aramwikorera

Dore uko abahanzi batomboye uko baza gukurikirana mugushimisyha abakunzi babo: 1. .Jay Polly, 2.Urban Boyz, 3.Danny Nanone, 4.King James,    5. Dream Boyz, 6.Knowless, 7.Bull Dogo, 8. Just Familly, 9.Young Grace, 10.Riderman

Jay Polly nuko abafana bamwakiriye
Ati NDACYARIHONDAHUMEKA
Hasi nuko yari yambaye
Mugihe Urban Boyz bahamagawe kuri stage nuko abafana babakiriye
Urban Boyz nuko bazamutse kuri stage

Bamwe mubafana bitwaje igitambaro cyanditseho Urban boyz

Aba basore barabyina bakagera hasi

Danny nanone nuko aje

Danny ati nagushyize kwijanisha ugira Ijana kw’Ijana
King James ati NARASHIZE
Abafana nuko bamwitegerezaga
Ati NDAKWIZERA
Buri mufana aragezaga kujya aho ashobora kureba neza
Dream boyz bazamukanye imbaraga nyinshi
Bo bakunda kujyanisha
Knowless nuko aje
Ati SINZAKWIBAGIRWA
Uyu mufana yakomeje kumubyinisha atya mundirimbo ye yitwa NKORAHO
Bull Dog ati CUSTOMER CARE
Just Familly nuko baje
Bahati kwihangana byanze nguwo mubafana
Young Grace nuko yaje munkweto zanditseho amazina ye
Abafana bati urakaza neza Young Grace we

 

Yari yambaye umusaraba munini mwijosi
Mc Tino na Anitha nabo bati Hip hop
Riderman arahagezeAbafana bamwakirije ifoti ye
Riderman ati life nurugendo
Mundirimbo ye BOMBORIBOMBORI Dj Bissosso na Mc tino bari mw' ishashiMundirimbo ye BOMBORIBOMBORI Dj Bissosso na Mc tino bari mw;ishashi
Abahanzi bamusanze kuri stage bibyinira BOMBORIBOMBORI
Buri wese yazamukanye icyo yarafite muntoki
Buru mwe yararyohewe cyane

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment