Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2012 ahagana mu masaha ya saa cyenda n’igice niho abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS bari basesekaye mu mujyi wa GICUMBI aho baje kwishimana n’abakunzi babo no kubashimira uburyo baguma gukunda no gukurikirana ibihangano byabo, nubwo byatangiye imvura igwa ntibyaciye intege abaturage bo muraka karere kuko bagumye gusimbuka bibyinira umuziki w’abahanzi babo bakunda kandi n’abahanzi ntibababihirije bakomeje kubashimisha biratinda.
Dore uko ibirori byagenze mu mafoto:

Abafana nuko bari babukukereye
Mugihe abaraho bategereje abahanzi babo DJ Bissosso yakomeje kubavangira injyana baribyinira murako kavura ari nakom Mc Tino na Mc Anitha bakomeza kubasetsa muri komedi nyinshi maze umunezero n’ibyishimo abafana babyakiriza abahanzi babo bakunda ari nako binywera ka PRIMUS dore ko kaba gahari ku bwinshi ndetse no kugiciro gito.

Dj Bissosso nuko yabavangiraga umuziki

Mc Tino na Anitha nuko bashyushyaga abantu

Uyu mufana yasabwe kubyinisha Anitha we aramwikorera
Dore uko abahanzi batomboye uko baza gukurikirana mugushimisyha abakunzi babo: 1. .Jay Polly, 2.Urban Boyz, 3.Danny Nanone, 4.King James, 5. Dream Boyz, 6.Knowless, 7.Bull Dogo, 8. Just Familly, 9.Young Grace, 10.Riderman

Jay Polly nuko abafana bamwakiriye

Ati NDACYARIHONDAHUMEKA

Hasi nuko yari yambaye

Mugihe Urban Boyz bahamagawe kuri stage nuko abafana babakiriye

Urban Boyz nuko bazamutse kuri stage
Bamwe mubafana bitwaje igitambaro cyanditseho Urban boyz
Aba basore barabyina bakagera hasi

Danny ati nagushyize kwijanisha ugira Ijana kw’Ijana

King James ati NARASHIZE

Abafana nuko bamwitegerezaga

Ati NDAKWIZERA

Buri mufana aragezaga kujya aho ashobora kureba neza

Dream boyz bazamukanye imbaraga nyinshi

Bo bakunda kujyanisha

Knowless nuko aje

Ati SINZAKWIBAGIRWA

Uyu mufana yakomeje kumubyinisha atya mundirimbo ye yitwa NKORAHO

Bull Dog ati CUSTOMER CARE

Just Familly nuko baje

Bahati kwihangana byanze nguwo mubafana

Young Grace nuko yaje munkweto zanditseho amazina ye

Abafana bati urakaza neza Young Grace we

Yari yambaye umusaraba munini mwijosi

Mc Tino na Anitha nabo bati Hip hop

Riderman arahagezeAbafana bamwakirije ifoti ye

Riderman ati life nurugendo

Mundirimbo ye BOMBORIBOMBORI Dj Bissosso na Mc tino bari mw;ishashi

Abahanzi bamusanze kuri stage bibyinira BOMBORIBOMBORI

Buri wese yazamukanye icyo yarafite muntoki

Buru mwe yararyohewe cyane
0 comments:
Post a Comment