
Ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu n'imibereho myiza y'abaturage , Mukabaramba Alivera yasobanuriraga Komisiyo mu Nteko Ishinga Amategeko ishinzwe imibereho myiza ku bijyanye n'ibiciro bivugwa ko bihanitse ku Irimbi rya Rusororo ,abadepite bagize iyo Komisiyo ntibanyuzwe n'ibyo bisobanuro basaba Minisiteri gufasha kugena ibiciro nyabyo.
0 comments:
Post a Comment