by http://www.urwego.com
Umunyamideli w’Umunyakenya, Vera Sidika yabwiye uwo bahoze bakundana, Otile Brown ko atazi kurongora kuko ngo atabanzaga kumukorakora mbere yo gutangira igikorwa nyir’izina.
Ni nyuma y’aho uyu mukobwa wamenyekanye muri aka Karere ka Afurika y’Iburasirazuba bitewe n’ikimero cye atandukanye na Otile Brown.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Sidika yashyize hanze umuba w’amafoto (scereen shoots) yagiye afata we na Otile Brown bari gutera akabariro maze aboneraho gucyaha uyu musore ashinja kuba ikigwari mu buriri.
Yagize ati “ Njye sinkunda gukora imibonano mpuzabitsina buri kanya, nkunda umuntu umpa urukundo, kankorakora mu gituza,akansomagura mu ijosi no mu myanya y’ibanga.”
Vera Sidika ukurura abagabo benshi bitewe n’uburyo ateye
Uyu munyamidel yavuze ko uburyo Otile Brown yateragamo akabariro nta byishimo bwamuhaga.
Ati “Mu by’ukuri nkunda umuntu umpa urukundo kurusha unkoresha imibonano mpuzabitsina ya buri kanya kuko bituma numva nta marangamutima mfite, birambabaza iyo unyinjiye utanteguye.”
Muri aya mafoto kandi Sidika abwira Otile Brown ko we ataba yitaye ku bunini bw’igitsina cy’umugabo ko ahubwo yita ku mikorere y’umugabo mu gitanda.
Byose bizashira hasigare urukundo
Video ku rukundo n'ubuzima bw'imyororokere
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
Warampfubije, washyiragamo utabanje kuntegura- Vera Sidika abwira uwo bahoze bakundana
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment