skip to main |
skip to sidebar
.tera gusa ingemwe z’amafi zifite ubuzima bwiza
- irinde kurenza umubare w’amafi yagenwe ku buso
- gira urugero rwiza rw’ amazi ruhoraho.
- kugaburira amafi ku gihe, kabiri k’umunsi, akenshi mu gitondo na nimugoroba. Ibyo bigomba gukorerwa ku kintu kimwe kandi ushiramo bicye bicye.
- ibara ry’amazi rigomba kuguma ari icyatsi.
- gushyiramo ayandi mazi niba amafi yavuye mucyuiie akajya kubutaka gushaka umwuka.
- imiterere y’icyuzi ntigomba guhindagurika. Ushobora gufata gahunda y’igenzura ufunga cyangwa ukuraho ibitangira amazi
- gusana inkuta z’icyuzi, indiba, imiferege izana amazi mu gihe iyo hari icyakwangiza icyuzi.
- kureba imyitwarire y’ifi idasanzwe kandi ugakuramo ifi zirwaye nizipfa
- ntu korore hamwe amafi afite imyaka itandukanye cyane
- bika inyandiko nyazo z’ibikorwa by’ubworozi bwawe.
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment