Tariki ya 31 Ukuboza ni umunsi wa 365 ku ndangaminsi ya Gregorian, akaba ari nawo munsi usoza umwaka.
Ibihe byaranze tariki ya 31 ukuboza
1904 -Nibwo bwambere hizihijwe umwaka mushya kuri Times Square i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
1923- Ubutayu bwa Sahara bwaciwemo n`imodoka bwa mbere
1944- Intambara ya Kabiri y`Isi: igihugu cya Hungary cyashoje intambara ku gihugu cy`U Budage.
1955-Isosiyete ikora amamodoka, General Motors Corporation, yabaye iya mbere muri Amerika aho yakoreye miliyari y`amadolari mu gihe cy`umwaka umwe.
1965-Jean-Bédel Bokassa, yayoboye ingabo za Repubulika ya Centrafrique hamwe na bagenzi be bahiritse ubutegetsi bwa perezida David Dacko.
Jean-Bédel Bokassa yavutse ku ya 22 Gashyantare 1921, yitaba Imana kuri 3 Ugushyingo 1996, azwi ku izina rya Bokassa wa I wa Centafrique na Salah Eddine Ahmed Bokassa. Yayoboye Centrafirque kuva ku ya 1 Mutarama 1966 nyuma yo guhirika ubutegetsi. Yaje kuba Umwami w`Abami (emperor) wa iki gihugu kuva ku ya 4 Ukuboza 1975 kugeza yambuwe ubutegetsi kuri 20 Nzeri 1979.
1980- Léopold Sédar Senghor, wabaye n’umwanditsi w’ibitabo yeguye nyuma yo kumara imyaka 20 ari Perezida wa Senegal.

1983- Muri Nigeria, Major General Mohammadu Buhari yahiritse ubutegetsi, maze repubulika ya kabiri ya Nigeria irangira ityo.
Ibyamamare byavutse kuri 31 ukuboza
1378- Papa Callixtus wa III yitabye Imana mu mwaka wa 1458.
1880- George C. Marshall, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, akaba yarabonye igihembo cyitiriwe Nobel. Yitabye Imana mu mwaka 1959.
1941- Sir Alex Ferguson, umunya Ecosse utoza ikipe y`umupira w`amaguru. Amazina ye ni Sir Alexander Chapman "Alex" Ferguson akaba azwi ku mazina nka Alex cyangwa Fergie. Yavutse kuwa 31 Ukuboza 1941 I Govan, Glasgow. Yahoze akina umupira w`amaguru, kuri ubu akaba ari umutoza w`ikipe ya Manchester United.
Kuri ubu Furgerson amaze imyaka 24 atoza iyo kipe, yaciye umuhigo kuko niwe umaze imyaka myinshi ari umutoza w`ikipe imwe. Ni umugabo watsindiye ibikombe byinshi ndetse n`imidari. Muri 2008 yanditse amateka aho yabaye umutoza watsindiye igikombe cy`Uburayi inshuro zirenze imwe.
1946-Pius Ncube, Umunyazimbabwe waharaniye uburenganzira bw`ikiremwamuntu.
Ibyamamare byitabye Imana tariki ya 31 Ukuboza
335-Papa St. Silvester
1384- John Wycliffe, inzobere mu by`iyobokamana (theologian) akaba yarasobanuraga bibiliya. Yakomokaga mu gihugu cy`ubwongereza.
2004-Gerard Debreu, umufaransa w`inzobere mu by`imari (economist) yatsindiye igihembo cya banki ya Suisse. Yari yaravutse mu mwaka w`1921.
1904 -Nibwo bwambere hizihijwe umwaka mushya kuri Times Square i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
1923- Ubutayu bwa Sahara bwaciwemo n`imodoka bwa mbere
1944- Intambara ya Kabiri y`Isi: igihugu cya Hungary cyashoje intambara ku gihugu cy`U Budage.
1955-Isosiyete ikora amamodoka, General Motors Corporation, yabaye iya mbere muri Amerika aho yakoreye miliyari y`amadolari mu gihe cy`umwaka umwe.
1965-Jean-Bédel Bokassa, yayoboye ingabo za Repubulika ya Centrafrique hamwe na bagenzi be bahiritse ubutegetsi bwa perezida David Dacko.
Jean-Bédel Bokassa yavutse ku ya 22 Gashyantare 1921, yitaba Imana kuri 3 Ugushyingo 1996, azwi ku izina rya Bokassa wa I wa Centafrique na Salah Eddine Ahmed Bokassa. Yayoboye Centrafirque kuva ku ya 1 Mutarama 1966 nyuma yo guhirika ubutegetsi. Yaje kuba Umwami w`Abami (emperor) wa iki gihugu kuva ku ya 4 Ukuboza 1975 kugeza yambuwe ubutegetsi kuri 20 Nzeri 1979.
1980- Léopold Sédar Senghor, wabaye n’umwanditsi w’ibitabo yeguye nyuma yo kumara imyaka 20 ari Perezida wa Senegal.
Léopold Sédar Senghor
Ibyamamare byavutse kuri 31 ukuboza
1378- Papa Callixtus wa III yitabye Imana mu mwaka wa 1458.
1880- George C. Marshall, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika, akaba yarabonye igihembo cyitiriwe Nobel. Yitabye Imana mu mwaka 1959.
1941- Sir Alex Ferguson, umunya Ecosse utoza ikipe y`umupira w`amaguru. Amazina ye ni Sir Alexander Chapman "Alex" Ferguson akaba azwi ku mazina nka Alex cyangwa Fergie. Yavutse kuwa 31 Ukuboza 1941 I Govan, Glasgow. Yahoze akina umupira w`amaguru, kuri ubu akaba ari umutoza w`ikipe ya Manchester United.
Kuri ubu Furgerson amaze imyaka 24 atoza iyo kipe, yaciye umuhigo kuko niwe umaze imyaka myinshi ari umutoza w`ikipe imwe. Ni umugabo watsindiye ibikombe byinshi ndetse n`imidari. Muri 2008 yanditse amateka aho yabaye umutoza watsindiye igikombe cy`Uburayi inshuro zirenze imwe.
1946-Pius Ncube, Umunyazimbabwe waharaniye uburenganzira bw`ikiremwamuntu.
Ibyamamare byitabye Imana tariki ya 31 Ukuboza
335-Papa St. Silvester
1384- John Wycliffe, inzobere mu by`iyobokamana (theologian) akaba yarasobanuraga bibiliya. Yakomokaga mu gihugu cy`ubwongereza.
2004-Gerard Debreu, umufaransa w`inzobere mu by`imari (economist) yatsindiye igihembo cya banki ya Suisse. Yari yaravutse mu mwaka w`1921.
0 comments:
Post a Comment