Iyo ugeze ahabera expo utangazwa n’ubwinshi bw’ibintu bihari bitandukanye ku buryo kumenya ibyo ushaka byagutwara igihe, ariko uramutse wifuza imwe mu mitako myiza kandi itajya iva ku gihe wajyenda ushaka bimwe mu byo ugiye kwirebera twakuboneyeyo.
Hari ubwoko bwinshi bw’iyo mitako ariko uyumunsi reka turebere hamwe nk’iyi numa nziza cyane wataka iwawe munzu bikaba bigaragara neza cyane.
Igitangaje kandi nuko uwabikoze akoresha ibiti n’ibindi bikoresho bitandukanye biboneka hano mu Rwanda. kandi bifite ingano nk’iyizo nyamaswa byerekana ,ku buryo iyo ubishyize mu nzu bisa nk’aho ari icyo gisimba gihari.
0 comments:
Post a Comment