Ray umunyamerika w’imyaka 30 mu ntangiriro z’uku kwezi yagize imvune idasanzwe ubwo yari aryamanye n’umukunzi we maze akavunika igitsina gabo cye aho bari baryamanye mu nzu acumbitsemo.
Ray ubwe niwe wasobanuye iri sanganya yahuye naryo ku mashusho agaragara kuri Youtube yashyizeho kuwa gatandatu, aho yasobanuye ko umukobwa yari hejuru ye maze mu kwinyeganyeza cyane, igitsinda cy’umugabo cyihengeka mu buryo budasanzwe, yumva kiravunitse.
Agita ati: “ Nahise nsimbukira hejuru nubwo twari tugeze mu bihe byiza, ariko amaraso yariho ava aturuka mu gitsinda. Nagerageje kujya mu bwogero ariko ntangira kumva ndi guta imbaraga zo kwigenza.
Nagerageje gusubira ku buriri ariko mpita ntakaza ubwenge njyanwa kwa muganga ntumva.”
Iyi mvune avuga ko yaciye agace (membrane) kamwe mu tugize igitsina cye, bituma amara ibyumweru atabasha no kwihagarika bisanzwe. Kugeza ubu kuvurwa ngo bimaze kumutwara 6 000$ kuko yanabazwe.
Dr George Lee inzobere mu buvuzi bw’imyanya myibarukiro yatangaje ko Ray urebye yagize amahirwe kuko hari ubwo igitsina gabo gishobora kuvunika ntikinavurwe, nk’iyo umujyana (Artery) wibanze uvunitse.
Urakoze gusoma iyi nkuru kuri Igituba.org, shyiraho igitekerezo cyawe, twungure inama, tubwire uko ubona iby'igitsina na experiences zawe, tubaze cyangwa utwoherereze inkuru n'amafoto ku igitsina kuri bangambiki@igituba.org cyangwa bangambiki@bangambiki.com. Ohereza umwirondoro tugushakire inshuti ku Igihozo
H.Bangambiki
0 comments:
Post a Comment