Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Ubuzimabwacu | Rwanda Health | Rwanda hygiene| Rwanda Health Care |Rwanda Medical Insuarance: Rwanda | Nyamasheke: Inzego zose zirasabwa gushyira imbaraga mu kongera ubwitabire mu bwisungane mukwivuza ( MUSA).

Ubuzimabwacu | Rwanda Health | Rwanda hygiene| Rwanda Health Care |Rwanda Medical Insuarance
Ubuzimabwacu | Rwanda Health | Rwanda hygiene| Rwanda Health Care |Rwanda Medical Insuarance
Rwanda | Nyamasheke: Inzego zose zirasabwa gushyira imbaraga mu kongera ubwitabire mu bwisungane mukwivuza ( MUSA).
Aug 17th 2012, 11:15

Umucungamutungo w'ishami ry'ubwisungane mu kwivuza rya Kamonyi rikorera ku kigo nderabuzima cya Kamonyi arasaba inzego zitandukanye gushyira ingufu mu gushishikariza abaturage kwitabira gutanga umusanzu w'ubwisungane mu kwivuza (MUSA).

Uwamaliya Valentine, umucungamutungo w'ishami ry'ubwisungane mu kwivuza rya Kamonyi, atangaza ko kugeza ubu abaturage bamaze gutanga umusanzu basabwa ndetse n'abo umurenge sacco wemereye kuguriza n'ubwo amafaranga ataragera kuri konti y'iri shami bangana na 67%.

Arasaba abaturage kwihutira gutanga umusanzu wabo mu gihe bakiri muri uku kwezi kwa munani bemerewe kwivuzamo, ngo kuko kuva tariki ya 01/09/2012 umuturage utarishyura umusanzu we atazaba akemerewe kwivuza.

Uwamaliya kandi asaba abaturage bamaze gutanga umusanzu wabo kwihutira kuzurisha udukarita two kwivurizaho kugira ngo bagire uburenganzira bwo kwivuriza aho baba bari hose mu Rwanda, ngo kuko bafatiwe n'indwara ahandi badafite udukarita twabo bafatwa nk'abataratanga umusanzu bityo ntibahabwe serivisi begenerwa.

 

 

 

 

 

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment