Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

News of Rwanda: Rwanda : EAC n’imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo

News of Rwanda
provides latest updated news related to Rwanda in Kinyarwanda and English . The site has qualified journalists covering Latest rwanda news. Gahiji Innocent is our chief editor who cover rwanda politics news.
Rwanda : EAC n'imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo
Jul 19th 2012, 07:48

m East African Community 300x220 Rwanda : EAC n'imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo

U Rwanda rusanzwe ruzwi gukorera ku mihingo no guhigura ku nzego zose,

ariko umuryango wa EAC hamwe n'imishinga iwukoreramo nabyo bigiye

kugendera kuri iyi gahunda.

Taliki ya 16 Nyakanga 2012 nibwo umunyamabanga wungirije ushinze ubuyobozi

n'umutungo mu muryango wa EAC Jean Claude Nsengiyumva yatangaje ko

gahunda y'imihigo igiye gukoreshwa m'ubuyobozi bw'umuryango wa EAC

kandi atariho izakoreshwa gusa ahubwo izakoreshwa no mu mishinga

ikorana na EAC.

Ubuyobozi bwa EAC buvuga ko kugendera ku mihigo k'ubuyobozi bwa EAC

n'imishinga ikorana nayo bizatanga impinduka mu mikorere ndetse bigira

nicyo byongera kubagenerwa ibikorwa.

Jean Claude Nsengiyumva avuga kandi ko guhiga no guhigura bizafasha

umuryango wa EAC kugera ku nshingano zawo ndetse ibikorwa byo guhiga no

guhigura bikaba byafasha n'abaturage batuye mu karere kugira imihigo

yabafasha kwiteza imbere.

Posts Related to Rwanda : EAC n'imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo

Google+

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment