
U Rwanda rusanzwe ruzwi gukorera ku mihingo no guhigura ku nzego zose,
ariko umuryango wa EAC hamwe n'imishinga iwukoreramo nabyo bigiye
kugendera kuri iyi gahunda.
Taliki ya 16 Nyakanga 2012 nibwo umunyamabanga wungirije ushinze ubuyobozi
n'umutungo mu muryango wa EAC Jean Claude Nsengiyumva yatangaje ko
gahunda y'imihigo igiye gukoreshwa m'ubuyobozi bw'umuryango wa EAC
kandi atariho izakoreshwa gusa ahubwo izakoreshwa no mu mishinga
ikorana na EAC.
Ubuyobozi bwa EAC buvuga ko kugendera ku mihigo k'ubuyobozi bwa EAC
n'imishinga ikorana nayo bizatanga impinduka mu mikorere ndetse bigira
nicyo byongera kubagenerwa ibikorwa.
Jean Claude Nsengiyumva avuga kandi ko guhiga no guhigura bizafasha
umuryango wa EAC kugera ku nshingano zawo ndetse ibikorwa byo guhiga no
guhigura bikaba byafasha n'abaturage batuye mu karere kugira imihigo
yabafasha kwiteza imbere.
Posts Related to Rwanda : EAC n'imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Iburasirazuba, Makombe Jean Marie Vianney arasaba abantu bose mu mirimo bakora kujya bagendera ku kwiha intego n'imihigo kandi bagaharanira kuyihigura kuko byamaze ...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'akarere ka Ngoma Muzungu Gerard aremeza ko gusuzuma imihigo no guhiga indi ariryo pfundo ry'iterambere kuko nta wakira atabanje gusuzuma aho yari ari ...
Guhiga mu miryango, ni bumwe mu buryo bwafasha igihugu kubasha kugera ku mihigo cyiyemeje. Ibi bikaba byagarutsweho mu muhango wo gusoza ukwezi kwahariwe umuryango mu ...
Abarushije abandi guhigura imihigo y'ingo mu mwaka wa2011- 2012 bo mu kagali ka Nyagasozi mu murenge wa Mutendeli bahawe ceretifika z'ishimwe, akarere kabaha na terefone ...
Umuyobozi mukukuru w'akarere ka Gisagara aributsa abakozi b'aka karere n'abayobozi mu nzego zitandukanye ko ku bw'igihe gito gisigaye kugira ngo umwaka w'imihigo urangire, bagomba kongera ...
Google+
0 comments:
Post a Comment