Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda: NE-YO YAGIZE ATI RIHANNA NATICWA N’ITABI AZICWA N’UMUNANIRO KUKO NTARYAMA

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda
NE-YO YAGIZE ATI RIHANNA NATICWA N'ITABI AZICWA N'UMUNANIRO KUKO NTARYAMA
Jul 23rd 2012, 10:17

Mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo yatangizaga umushinga wa compound foundation benefit k’umugaragaro,
umuhanzi Ne-yo  yagize bimwe atangaza k’umuhanzi kazi Rihanna uburyo arimo kugenda amubona murino minsi.
Yagize ati: Murino minsi umuhanzi kazi rihanna arakora cyane ntakiryama ndetse kurinjye mbona bishobora kumugiraho ingaruka zikomeye cyane
gusa icyo mukundira nuko umwanya ata mu kazi ke unatuma atakibona umwanya wo kuryama umuviramo inyungu gusa, ndemeza neza ko rihanna ubu ariwe
muhanzi kazi uhagaze neza muri showbiz.

Kurundi ruhande nabyo sibyiza kuko asigaye agaragara cyane ankwa ibiyobyabwenge kandi nk’umuhanzi kazi ukomeye nkuriya iyo agaragaye anywa ibiyobyabwenge kenshi
bimuviramo gutakaza bamwe mu bafana be bimena kubera iyo mpamvu, haringero nyinshi z’abandi bahanzikazi nkawe bagiye bicwa nabyo , kandi amaherezo nawe akomeje kubinkwa
niko byazagenda, njyewe mwifuriza ibyiza gusa, namusaba kuba yahagarika ibiyobyabwenge kuko afite isi akamaro gakomeye, aririmba neza n’umukozi mwiza cyane.

Si uyu muhanzi wenyine uvuze ko atewe ikibazo na rihanna kubyerekeye ibiyobyabwenge kuko no mucyumweru gishize uwahoze ari umukunzi we nawe yatangajeko
ahangayikishijwe cyane n’imyitwarire ya rihanna murino minsi.

 

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment