Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda: JUSTIN BIEBER ARAGEZWA MU NKIKO ASHINJWA N’UMUGORE KUBA YARAMUMENNYE AMATWI

Ibishya Bikugereho |Amakuru yose mu kinyarwanda
JUSTIN BIEBER ARAGEZWA MU NKIKO ASHINJWA N'UMUGORE KUBA YARAMUMENNYE AMATWI
Jul 13th 2012, 12:42

Stacey Wilson arifuza miliyoni 9 n’ibihumbi makumyabiri na bitatu by’amadolari ($9,23 Million) nyuma yo Kumenekera amatwi mu gitaramo cya Justin Bieber cyabaye ku italiki ya 14/10/210.

Sued: A mother of one of Justin Bieber's fans is suing the star for $9million

Uyu mudamu ararega Justin Bieber na studio akoreramo ya Island Def Jam Records nabari bateguye ibirori ko bakoresheje ibyuma bifite ingufu nyishi bigatuma ahangirikira amatwi, ibindi bivugwako mu kirego yatanze , avugako urusaku rw’abantu rwari rwinshi cyane ndetse n’ibikoresho bisohora umuziki bikoze nabi kuburyo yahamenekeye amatwi akaba atacyuma neza.

Nkuko akomeza abivuga  ngo banyiri gutegura ibijyanye na sound aribo Arena ngo ibyuma byabo babishyizemo ama effect amena amatwi kuburyo yahavuye atacyumva ndetse ngw’ikimubabaje cyane nuko atakibashaka kumvikana n’umwana we kubera aba atumva neza ibyo avuga kandi n’amatwi yaramenetse ubwo yari yajyanye uwo mwana kureba justin bieber.

Izindi ngaruka yakuyemo muricyo gitaramo uretse kuba atacyumva neza ngo n’ibitotsi ntakibibona ngo kuko ameze nkuwahahamutse .

Troublesome teen: Earlier this month Justin was slapped with a speeding ticket for driving at 80mph

Mu cyumweru gishize nabwo uyu musore w’imyaka 18 y’amavuko yari yafashwe na polisi kubera umuduko mwinshi cyane doreko yagenderaga muri 80km/h.

 

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment