
photo/DJ Ndanda
DJ Ndanfa yavutse 19884 akaba yaratangiye akazi kubu Dj mu mwaka wa 2008 , kuri ubu Dj Ndanda amajije gukorera ahantu hatatu hatandukanye muri uyu mugi wa kigali.
Kuri ubu Dj ndanda ari gukorera kuntaraga akaba yikorera aho ubu yatandukanye na Manager wa Elion Victory bakoranaga mbere, mukiganiro Dj Ndanda yagiranye n’ikinyamakuru ibishya.biz yadutangarije ko
ubu ndabona maze kugera kurwego rushimishije kuko nsigaye nikorana kandi nkaba narongereye studio, ibyo bikaba binyereka ko ibikorwa byanjye birimo kwaguka, ubu mfite projet nyinshi cyane aho numva ko ngiye gutangira gukora cyane kuburyo bwimazeyo.
Dj Ndanda kuri ubu yemeza ko ari umwe mu ba star badakunze kwigaragaza cyane ariko akaba yongeraho ko ubu agiye gukora imirimo ye akagera kurwego rw’abandi ba DJ bo mu rwanda nka ba Dj Zizou hamwe n’abandi batandukanye.
post by:: Patrick Cyuzuzo/ibishya.biz
0 comments:
Post a Comment