
Trey Songz
Umusore w’umuhanzi w’umunya merika Trey Songs byavuzwe ko yari ari mu Rwanda mu minsi yashize n’ubwo bitamenyekanye cyane kuri ubu ari mwitangaza makuru aho hari amakuru yavugako yaba ari mu rukundo na Kelly Rowland.
Trey Songs akaba yanyomoje ayo makuru yari akomeje kugenda amuvugwaho aho yutagaje ati:
hari amakuru yari akomeje kugenda amvugwaho ko naba ndi mu rukundo na Kelly Rowland ayo makuru ntago ariyo, ariko ndifuza iyo byabaga ari byo kuko Kelly Roland ari umukobwa mwiza kandi wakwifuzwa na buri wese.
Kelly rowland akaba kuri ubu nta muhungu bakundana (Boyfriend) afite.

Kelly Rowland
Trey Songz na Kelly Rowland bakaba bafitanye indirimbo nshyashya yitwa Heart Attack aho bagaragara bameze nkabantu baba bari mu rukundo.

Trey songz na kelly rowland muri video ya heart attack
hakaba hari kwibazwa niba aba bastar nta bundi bucuti baba bafitanye bwihariye dore ko iyo bagitangira badapfa kubyemera.
REBA HEART ATTACK: TREY SONGZ FT KELLY ROWLAND:
Post By Elvis SHEMA / ibishya.biz.
0 comments:
Post a Comment