Umukinnyi Christiano Ronaldo mu busanzwe bwe ntajya akunda guteza akavuyo mu kibuga, gusa iyo ikipe ye yatsinzwe ntiyihanganira umuntu uwo ari wese umwendereza cyangwa ngwatinze iminota kuruhande rw’ikipe ya mutsinze.
Ubwo ikipe ya Real de Madrid yari yacakiranye n’ikipe ya Mukeba ariyo Fc Barcelone, umutoza w’ikipe ya Barcelone Pep Guardiola yatinze gusubiza christiano Ballon mugihe yarigiye hanze maze christiano aramuhutaza haba ahanyagasani kubera umutoza nawe yashyizemo akagisero maze ikipe yose ya barcelone imwirundaho ariko ukozeho wese agasanga christiano arakomeye akongera nawe agahutaza.
Reba Video Hano.
0 comments:
Post a Comment