Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Muri Libiya Rwabuze Gica

ikarita y'intambara
Ibyatangiye ari imyigaragambyo kuri15/2/2011 muri Libiya bimaze kuvamo intambara yuzuye. N'abigaragambya ntibakitwa abigaragambya ahubwo babaye inyeshyamba. Bafashe imbunda basigaye bigishwa n'abasirikaye batorotse igisirikare cya Kadafi.

Nubwo ubutegetsi bwa Kadafi bukomeje kwamaganwa kubera ubwicanyi bukorera abanyagihugu, Kadafi yiteguye intambara kandi yiteguye kuyirwana. Ntabwo azegura nka ba Mubarak cyangwa ba Ben Ali. Abamurwanya nubwo bafite umujinya mwinshi w'uko yavaho, ntibazabibona byoroshye kuko Kadafi amaze imyaka irenga 40 ayobora wenyine igihugu gikize kuri peteroli, nta buryo rero yapfa kurekura. Bizasaba ko abamurwanya bitegura intambara y'igihe kirekire no gusobanurira abakiri ku ruhande rwa Kadafi kumuvaha kuko biragaragara ko Kadafi afite abayoboke bo kumurwanirira.


Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment