Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Nta Revorisiyo nk'iyo mu Misiri- Museveni

museveni
Mu kiganiro yagiranye n'abanyamakuru, Perezida Museveni wa Uganda yatangaje ko nta Revorisiyo nk'iyo mu Misiri izaba muri Uganda. Yavuze ko Uganda na Misiri ari ibihugu bitandukanye kandi ko nta muntu ushobora gufata ubutegetsi ku ngufu muri Uganda. Yavuze ko abagerageza kubikora abafitiye umuti "kubakukumbira muri gereza ikibazo kikarangira gityo."

Ibyo abivuze mu gihe muri Uganda hazaba amatora y'umukuru w'igihugu kuri uyu wagatanu kandi bikaba biteganywa ko Yoweri Kaguta Museveni umaze imyaka 25 ku butegetsi ariwe uzatsinda amatora.

Yoweri Kaguta Museveni yavutse mu 1944, akaba yaratangiye gutegeka Uganda muri1986.


Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment