Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

SIDA NTIYUNAMURA ICUMU MU RWANDA-2008



KIGALI,22/2/2008.

Abakozi b'ubuzima mu Rwanda bahangayikishijwe n'uko programme yigihugu ishyigikiye gusiramura/gukeba abagabo mu buryo bwo kugabanya icyorezo cya Sida, abagabo benshi bayitekerezaho ko kuba wisiramuje/ukebye bikurinda Sida burundu.

Muganga Cyriaque Twagirumukiza aragira ati "Biragoye gusobanurira abagabo ko kuba bakebye bitavuga ko batagomba gukoresha agakingirizo."

Iyo gahunda yo gukeba abagabo yashyizwe mu bikorwa muri uku kwezi, ubutegetsi bumaze kubona ko imibare y'abarwaye Sida yiyongereyeho 3.6% mu mwaka ushize

Bumwe mu bushakashatsi bwerekanye ko gukebwa bigabanya ibyago byo kwandura agakoko ka Sida hagati ya 53 na 51 % iyo umugabo ahuza igitsina n'umugore.

Muri 2007,Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye Rirwanya Sida(UNAIDS) ryatangaje ko abagabo n'abagore bagomba gusobanurirwa bihagije ko kwikebesha atari umuti w'igitangaza uvura Sida.

SOURCE:IPS RADIO BULLETIN/2008





Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment