Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) irasaba abakandida mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ababashyigikiye kwirinda ibikorwa byose byakurura umutekano muke kabone n’ubwo umwe yaba atemera ibitekerezo by’undi. Ku wa 7 Nyakanga 2017 NEC yemeje bidasubirwaho ko abakandidabatatu bahatanira umwanya w’Umukuru w’igihugu, ari Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi, Frank Habineza wa Green Party na Philippe Mpayimana. … Continue reading NEC irasaba abakandida gukurikiza amabwiriza yatanze agenga kwiyamaza
from Urwego http://ift.tt/2t0HPl3
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
NEC irasaba abakandida gukurikiza amabwiriza yatanze agenga kwiyamaza
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment