Byatangiye ndema isi n’ ijuru
Umugabo ufite akabazo mu mutwe, yagiye kwa muganga yinjira ahutaza abantu, bigaragara rwose ko afite ikibazo kimukomereye. Yinjiye mu biro bya muganga aramubwira ati : « Muganga ndapfuye », Muganga ati : « Mbwira wo gakira we, byatangiye bite ? » Undi aramusubiza ati : « Byatangiye ndema isi n’ ijuru,… »
0 comments:
Post a Comment