by www.amakururwanda.com
Ikinyamakuru 7sur 7 cyatangaje ko uwo mujyi uzaturamo abakozi ba Facebook bagera ku 10,000 n’imiryango yabo.
Uzaba uherereye muri Leta ya California aho uzaba ugizwe na hoteli, amaguriro agezweho ibibuga byo gukiniraho amacumbi n’ikindi cyose abantu bifuza mu gihe basohotse.
Uwo mujyi zubakwa kuri hegitari 80,9, Zuckerberg yamaze kugura hegitari 22,2 zahazubakwa uwo mujyi watangiye guhabwa izina ry’akabyiniriro rya « Zee-town ».
Ntabwo igihe uzatangira kubakwaho cyari cyatangazwa.
Ntabwo igihe uzatangira kubakwaho cyari cyatangazwa.
0 comments:
Post a Comment