Hari uburyo butatu bwo kureba ubutaka bukwiriye, mu kubaka icyuzi. uburyo bwo gukanda
gupima gucengera kw’amazi
gupima amazi k’ubutaka
Uburyo bwo gukanda
Uburyo bukurikira bugomba gukorwa:
- gutosa ubutaka n’amazi ahagije atuma butoha
- gukanda ubutaka
- noneho ugafungura ikiganza cyawe.
- iyo ubutaka bugumanye umubyimbaishusho yabwo, nyuma yo gufungura ikiganza cyawe, buba bubereye mu kubaka icyuzi.
- uzuza icyobo kugeza hejuru
- pfundikiza ibibabi
- ku munsi ukurikiraho, amazi ashobora kugabanuka kubera gucengera
- ungera wuzuze amazi icyo cyobo kugeza hejuru wongere upfundikize ibibabi,
- reba aho y’amazi agera ku munsi ukurikira, niba akiri menshi, ubutaka buzaba budacengerwa kandi ari bwiza ku kubaka icyuzi.
- niba amazi yagiye nanone, ubutaka ntabwo ari bwiza ku bworozi bw’amafi.
Kubona ibisubizo byiza, ubu buryo bugomba gukorwa mu gihe k’izuba. Uburyo bukurikira bugomba gukurikizwa.
- cukura icyobo cy uburebure bwa metero imwe.
- pfundikiza ibibabi kugira ngo amazi areke kugabanuka kubera izuba
- niba icyobo cyuzuye amazi y’icyuzi ku munsi ukurikira, ubwo icyuzi gishobora kubakwa ubwo uzakenera igihe kirekire cyo kumisha icyuzi bitewe n’amazi menshi cyane.
- iyo iyobo cyumye mu gitondo, aho hantu habereye ubworozi bw’amafi kubera ko amazi atari menshi cyane.
0 comments:
Post a Comment