Nta nkokokazi ibika
Muganga w’abarwayi bo mu mutwe yabahaye umukoro agirango arebe ko bakize, arababwira ngo babike nk’isake bose barabika hasigara umwe. Muganga ati " banza uyu we yakize." Muganga aramubaza ati " ko utabika ni bite ?" undi ati " njye ndimo ndararira kandi ndi inkokokazi, nta nkokokazi ibika !"
0 comments:
Post a Comment