Urwenya: Barakina iki?
Umugabo ufite uruhara yahuriye n'ufite "nyakubahwa" (ikida kinini) muri stade kureba umupira; gusa imvura yari yangije ikibuga. Maze ufite nyakubahwa abwira ufite uruhara ati:"Watanze icyo kibuga bagakina ntubona ko ikindi cyuzuye amazi!?"(yavugaga uruhara) Undi agiye kumusubiza ati:"Ese nintanga ikibuga barakina iki ko mbona umupira wawumize??"(amuvugiraho nawe kubera ya nda)
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
Urwenya: Barakina iki?
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment