by www.igihe.info

Uyu niwe Elisany da Cruz Silva hamwe n’inshuti ye
1.
Elisany da Cruz Silva -Umukobwa wo muri Blezil w’imyaka 17 y’amavuko ufite metero2 na cm 6 ugiye kurushinga n’umusore witwa Francinaldo w’imyaka 22 wa m 1 na cm6.

2.
Mikel uyu mugore afite ibiro 420 yagiye kundwa cyane n’abagabo cyane mubwana bwe yari muto gusa uko agenda abamukuru niko agenda aba munini nawe birarenze.

Mikel, umugore afite ibiro 420
3.
Meet Amoo Hadij afite imyaka ye 80 uyu we birakomeye kwemera yabaho nkunko ubireba yabaga munzu atazwi amara imyaka 60 anywa agatabi nimboga rwatsi murazumva zo mwishyamba gusa inzu yabagamo yo iteye agahinda y’amatafari gusa.

Meet Amoo Hadij, yabaye munzu imyaka 60 atazwi
4.
Aya mafoto ushobora kuvuga ko atabaho bitewe n’uko ubireba gusa byo birakomeye kubyemera.

5.
Michelle Kobke, uyu mukobwa atuye mu Budage afite munda hateye neza niko navuga kuko akundwa n’abagabo benshi kandi n’abagore baramwemera .

6.
Gusabiriza cyane birenze mugihugu cy’ubushinwa hari ahantu baciye abasabiriza gusa hari umugabo umwe usa n’ufite imiti iyo agusabye ukamwima ahitamo kugukurikirana mukajyana iwawe ariko ukemera ukamuha.

Uyu mugabo ntiwamucika utamuhaye, iyo ntacyo ufite mujyana murugo rwawe ukajya kumuha
7. Ubonye aba bantu wakwibaza ese baba
bahagaze gute,
bahagaze kuki cyangwa
umutwe urihe he. gusa nibazima iyo urebye uko bameze usanga aribo bashatse kuzamura amaguru, bagahagarara bakoresheje amaboko kandi bakaba babikora igihe kirekire.

Bafite ububasha bwo guhagarara amasaha arenga atandatu
8.
Little Didier Montalvo, ni umwana muto cyane. aha yari hamwe na mugenzi we Luckly. abantu bakomoka mugihugu cya Cambodge batangiye kubavuga ko batazakura gusa nyagasani aracyabareba gusa biranatangaje ubonye uko bameze hano.
Amafoto

Little Didier Montalvo umwana muto cyane ari hamwe n’umuganga

batangiye kubavuga ko batazabaho ariko barahumeka
9.
Tom Staniford w’imyaka 23; uyu musore mureba ari mubantu 8 kwisi bafite indoro n’umubiri byihariye cyane. kumubona byo ni ibindi bindi kuko afite ubwandu bw’indwara bita Myelodysplastic Preleukemic. gusa we anezezwa n’uko ameze yabigenza gute ari mubantu barwaye iyi ndwara akabakiriho.

Tom Staniford w’imyaka 23
Related Posts by Categories
0 comments:
Post a Comment