Gerard Depardieu ni umufaransa ukina filimi akaba anazikora, akaba ari n’umushoramari kuko niwe nyiri Vineyard, akaba aba mu gihugu cy’ububiligi.

Gerard Depardieu
uyu mu actor amaze kubona ibihembo nka Cesar Award , Golden Globe n’ibindi byinshi bitandukanye, Kuri ubu uyu mugabo yagize ibihe byiza we n’inshuti ze mbere yaho agomba kuva m’umugi wa Paris, umwe mu bari batumiwe na Gerard Depardieu yemeza ko uwo mugabo yarameze neza cyane aho yabaganirizaga ubwo bari barimo gusangira akababwira ko ibihugu bitatu byiteguye kumwakira akaba yaranamaze gusubiza passeport ye y’ubufaransa.
mu buhugu yavuze byiteguye kumwakira yavuzemo Belgique, Montenegro aho afite inshuti nyinshi hamwe na Russie, akaba ariho yahise avuga ko Putine yamaze kumwoherereza passport.
Tubibutse ko uyu mugabo avuye mu gihugu cy’ubufaransa kubera ikibazo cyo kuzamura imisoro kiri muri icyo gihugu.
Post By:: Patrick Cyuzuzo
0 comments:
Post a Comment