Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

Rwanda News: Mu Busuwisi bizihije ibirori by’isabukuru y’imyaka 50 u Rwanda rumaze rwigenga

Rwanda News
Les dernières news du Rwanda et de la région des grands lacs.
Mu Busuwisi bizihije ibirori by'isabukuru y'imyaka 50 u Rwanda rumaze rwigenga
Jul 14th 2012, 19:17

Yanditswe  na Sengo Christian Genève : Ambasade y'u Rwanda mu Busuwisi yizihije ibirori by'isabukuru y'imyaka 50 u Rwanda rumaze rwigengahamwe n'imyaka 18 u Rwanda rumaze rwibohoye. Abantu barenze magana atatu bari bitabiriye ibyo birori harimo abahagarariye ibihugu byabo mu Muryango w'Abibumbye (LONI), abakozi bo mu miryango mpuzamahanga i Genève ndetse nAbanyarwanda benshi batuye mu Busuwisi. Nyuma [...]

You are receiving this email because you subscribed to this feed at blogtrottr.com.

If you no longer wish to receive these emails, you can unsubscribe from this feed, or manage all your subscriptions

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment