Yanditswe na Sengo Christian Genève : Ambasade y'u Rwanda mu Busuwisi yizihije ibirori by'isabukuru y'imyaka 50 u Rwanda rumaze rwigengahamwe n'imyaka 18 u Rwanda rumaze rwibohoye. Abantu barenze magana atatu bari bitabiriye ibyo birori harimo abahagarariye ibihugu byabo mu Muryango w'Abibumbye (LONI), abakozi bo mu miryango mpuzamahanga i Genève ndetse nAbanyarwanda benshi batuye mu Busuwisi. Nyuma [...]
0 comments:
Post a Comment