Ubundi bikunzwe kuvugwa ko iyo ari kuwa gatanu, itariki ikaba ari 13, akenshi bikunze kuba atari byiza nagato. Doreko niyo umuntu hagize ikimubaho bavuga ngo ni ukubera itariki. Ibi bikaba bituma abantu benshi bitwararika iyi tariki dore ko bakunda kuvuga mu rurimi rw'igifaransa ngo vendredi mechant.
0 comments:
Post a Comment