Mu mukino wafunguye irushanwa CECAFA KAGAME CUP ribera i Dar es salam, ikipe ihagarariye u Rwanda APR FC yatangiranye insinzi y'ibitego birindwi ku busa. APR FC akaba yatangiye umukino wayo wambere wo mu itsinda ikina n'ikipe ya Wau Salaam yo mu gihugu cya Sudan y'amajyepfo aho yaje kuyifpunyikira imvura y'ibitego 7-0.
0 comments:
Post a Comment