IBYO TWABASOMEYE
Rwanda:Amashyaka yiteguye amatora
| | |
| Amatora mu Rwanda |
Mu Rwanda uyu wagatandatu tariki 13 niwo munsi wa nyuma w'igikorwa cyo kwiyamamariza intebe mu nteko nshinga mategeko.
Amashyaka 9 amaze ibyumweru 2 yiyamamaza.
Hari amatsinda 3 y'abakandida-itsinda rya mbere ririmo amashyaka arindwi-FPR-Inkotanyi,PDC,PDI,PSR,UDPR,PPC,na PSP rifite abakandida 80.
Itsinda rya kabiri rigizwe n'abakandida 62 bo mu ishyaka PL.
Itsinda rya gatatu rigizwe n'abakandida 64 bo mu ishyaka PSD.
Hari umukandida wigenga umwe.
Mu cyiciro cy'imirwi- abagore hari abakandida 113.
Urubyiruko -abakandida 22.
abamugaye abakandida 14.
SOURCE: BBC Gahuzamiryango
0 comments:
Post a Comment