Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

UMURWAYI W'UMWICANYI-SINGIYE GUPFA JYENYINE



Kimwe mu biranga abarwayi ba Sida ni ukwiheba. Hari abaheba bakaba banakwiyahura, abandi bakigunga. Hari n'abiheba nabi nka Bin Laden ugasanga umurwayi wa Sida ahagurukiye gukwiza indwara mu bantu benshi bashoboka ngo atazagenda wenyine- ndakeka ko ari imwe mu mpamvu ituma Sida yiyongera.

Hari indayi z'abagore n'abagabo rwose zemera ko muhuza igitsina nta gakingirizo kandi zizi ko zanduye. Yewe musore we, jya wirinda izo nkumi n'abagore baza amenyo bayakuyeho uruhu. Akenshi ntaba ari urukundo. Hari ubwo baba bagira ngo muzindukane i Kuzimu kwa Nyamuzinda!

Jya utinya umugore ushaka kuguha Igituba akakigutsindagira,akanabiguteretera! iyo umuntu akubereye mwiza cyane kurusha uko watekerezaga, jya witonda, hari ubwo bwo buntu buba bwihishemo kabutindi. Ibyiza ni ukwicwa n'umushyukwe aho kwicwa na Sida!

Hari n'abagabo baba bumva bashaka guhuza igitsina na buri mugore wa mbere ubatungutse imbere. Reka rero ho iyo uwo mugome atunze amafaranga, arakongeza agatwika ishyamba. Mbese muko, amafaranga y'umunsi amwe azakumarira iki niba inyungu ari imisonga iminsi yose? Jya wirinda umugabo utazi wihutira kugusaba igituba mutaranamenyana, hari igihe aba ashaka kugusigamo kabutindi yikoreye!

Agapfa kaburiwe ni impongo!


Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment