Stephen Lewis, intumwa ya Secretaire General wa ONU ku kibazo cya SIDA, we avuga ko dushyize ku ruhande ko Sida yaba yarakozwe n'abagizi nabi, byonyine ngo iyo urebye ukuntu za gouvernements z'amahanga nta cyo zikora rubanda rurimburwa n'icyo cyorezo usanga ubwabyo ubwabyo ntaho bitandukaniye n'itsembabwoko. Wagira ngo bashimishijwe n'ukuntu Sida imara abantu. Abakurikiranira hafi ibya Sida bakeka ko 50% y'abatuye Afurika y'Epfo bamaze kwandura kandi abayobozi nta cyo bitayeho, bafatanyije n'ibihugu by'i Burayi mu kwimana imiti yoroshya Sida bavuga ko Sida ari indwara y'ubukene nkaho ubukene ari ubwoko bwa virusi!
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
KUDAFASHA ABARWAYE SIDA NI UGUKORA ITSEMBABWOKO
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment