Igitsina gifite ibice bibiri muri Islam. Igice cya mbere yo gushaka n'icya nyuma yo gushaka.
Mu gice cya mbere yo gushaka igitsina ni tabou. Ntikivugwa giteye ubwoba. Nyuma yo gushaka, kirashyigikiwe. Umugore agomba gukora uko ashoboye ngo yigaragaze neza kandi atere appetit umugabo we.
Muri Islam bemera ko umugabo atunga abagore benshi, apfa gusa kubitaho bose kandi akagerageza ku bakunda kimwe. Impamvu ngo nuko ari byiza gutunga abagore benshi aho kurarikira abandi bagore byabyara ubusambanyi.
Islam kandi yemera umugore w'igihe gito(muta, mut'ah). Ni ukuvuga umugore mushobora kumvikana akaba umugore wawe igihe runaka cyashira mukabireka. Ibyo na byo bikorwa mu rwego rwo kwirinda ubusambanyi(zina). Urugero nk'umucuruzi agiye mu ruzinduko rw'amezi atandatu, ashobora kugera yo akarongora umugore bazabana amezi atandatu gusa, ayo mezi yashira contrat ikaba irarangiye.
Islam kandi ishyigikye Kwiknisha, mu gihe ubikoze aba abikoreye kwirinda ubusambanyi, ngo ibibi birarutanwa. Islam ibara ko ubusambanyi ari kimwe mu byaha biremereye icya mbere akaba ari ugutuka Imana.
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
AMATEGEKO Y'IGITSINA YOROHEYE ABAGABO KURUSHA ABAGORE
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment