ABANTU BARI HEJURU Y'IMYAKA 50 NTIBASHOBORA KWANDURA SIDA.
Ni nde wakubeshye? Abo bantu ubu bagize umubare munini w'abandura bashya. Imico yarahindutse, abasore n'inkumi ntibagitinya abakuze. Ibibazo by'ubukene byatumye nta muto nta mukuru, icya mbere ari amafaranga. Hari n'ikibazo cy'uko abo bakambwe n'abakecuru baba bashaka abagifite amaraso mato. Sida rero ishobora gufata uwo ari we wese uyitambitse imbere ntiyirinde bihagije.
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
ABANTU BARI HEJURU Y'IMYAKA 50 NTIBASHOBORA KWANDURA SIDA
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment