Mbere yo guhuza ibitsina, ni byiza ko umugabo n'umugore bakora imirimo mbanzirizagitsina,bakoranaho, basomana n'ibindi.Jabir bin ‘Abdullah yavuze ko Intumwa y'Imana(SAW) yategetse abagabo kudahita batangira imibonano nta mirimo mbanzirizagitsina bakoze.
Mu mico ya Islam ni ngombwa gukora umuhango wo gukaraba mbere yo guswera(ghusl) n'umuhango wo koga umugabo aramutse yongeye gushyukwa akeneye kongera kubikora(wudu)
Umuhango wo gukaraba nyuma yo gusohora utuza roho kandi ukongera isuku n'umubiri ukaruhuka.
Ushoborabyose(SWT) agira ati "Ni ukuri twaremye umuntu tumukuye muri Nuftah(URUVANGE RW'IGI RW'UMUGORE N'INTANGA Y'UMUGORE) kugira ngo tumugerageze, kugira ngo yumve kandi abone."(Al-Insan 76:2)
Muri Islam umugore agomba kuba uw'umugabo we gusa, agakora uko ashoboye ngo ase neza nk'uko umugabo ashaka kandi akamwitegura igihe cyose amukenereye ngo bahuze igitsina. N'umugabo ni uko. Muri Islam umuntu yemerewe guhuza igitsina gusa n'uwo bashakanye kandi rikaba ibanga ry'uwo bashakanye ntagire undi babiganira.
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
ISLAM N'IGITSINA: IMIHANGO YA MBERE YO GUHUZA IGITSINA
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment