Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

KURAMBAGIZA-UBURYO BWO KWANGA KUBA INSHUTI Y'UMUHUNGU CYANGWA

Niba kanaka cyangwa nyirakanaka yifuza ko mwaba inshuti mukarambagizanya ariko ukaba utabishaka kubera impamvu zinyuranye, ushobora kumwangira , ariko ukabikora mu ikinyabupfura ku buryo utamubabaza umutima, ngo umusuzugure ubimwereke cyangwa umutarange. Iyo umubabaje burya nawe uba wihemukira.Kandi ugusabye ko mukundana ntaba akwanze nubwo ku mpamvu zinyuranye biba bibaye ngombwa ko umuhakanira.


Related Posts by Categories



5 comments:

Anonymous said...

Nonese buriya muvuze muby'ukuri uko umuntu yabyifatamo ?
Ndifuza ko mwagaragaza imyitwarire wagira nyine ngo ubikore.

Anonymous said...

jye numva wahita umushwushuriza kugira ngo abimenya ntaguteho igihe mu gihe yari agufiteho umushinga

Anonymous said...

biba byiza umubwije ukuri k'uburyo ubyumva nawe akareka gukomeza kugutaho igihe kuko ushobora kuba utifuza ko mwabana kubera impamvu runaka, yego birababaza ariko ntiwakagombye kubitindaho cyane mu gihe nta gihe yagutesheje kuko nawe hari abagukunda udakunda ntuzarenganye undi mwana cyane.

Anonymous said...

Njye mbon ubundi icyica ibintu ari uko abantu benshi bashaka gutendeka babagarira yose. Mbona rero byari bikwiye ko ni ari yego ikaba yaba oya ikaba oya aho kugira ngo abantu bishyire ku mungara.

Anonymous said...

uretseko hari nuwo uhakanire akanga kukuva inyuma

Post a Comment